• +250787263915 / +250788305148
  • contact@ajecl.org.rw
  • Magerage, Nyarugenge, Kigali, Rwanda

AJECL iri kwigisha urubyiruko rw’abakobwa imyuga y’ubudozi n’ububoshyi mu murenge wa Mageragere, akarere ka Nyarugenge,

AJECL iri kwigisha urubyiruko rw’abakobwa imyuga y’ubudozi n’ububoshyi mu murenge wa Mageragere, akarere ka Nyarugenge,

Imyuga y’ubudozi n’ububoshyi, aho abayiga basoza bafite urwego rwa Level one, niyo Abakobwa barimo ababyariye iwabo hamwe n’abatarabyara bigishirizwa ahitwa ku gicumbi cy’Amahoro n’umuryango AJECL; mu murenge wa Mageragere mu karere ka Nyarugenge. Grace Ishimwe na Umutesi Giselle Mireille babyariye iwabo; bavuga ko kwiga iyi myuga; biri gutuma batakongera kwishora mu ngeso zatuma bongera kubyarira iwabo. Ku ruhande rw’abatarabyariye iwabo…

Umuryango AJECL, wahurije hamwe abapadiri bashinzwe uburezi kugira ngo ubasobanurire ibikorwa byawo bityo nabo babigiremo uruhare.

Umuryango AJECL, wahurije hamwe abapadiri bashinzwe uburezi kugira ngo ubasobanurire ibikorwa byawo bityo nabo babigiremo uruhare.

Ashingiye ku kuba AJECL iri mu isabukuru y’imyaka 20 ikora, Padiri Iyakaremye Theogene washinze uyu muryango mu mwaka wa 2004, avuga ko yifuza ko Abapadiri benshi bamenya imikorere ya AJECL bityo bakayigiramo uruhare kandi ibikorwa byayo bakabigira ibyabo, ari nayo mpamvu yahereye ku bapadiri bashinzwe uburezi, kugira ngo bafashe AJECL kurera urubyiruko mu muco w’ubuvandimwe. Padiri Iyakaremye Theogene, avuga ko…

AJECL yizihije umunsi mpuzamahanga w’amahoro 2023.

AJECL yizihije umunsi mpuzamahanga w’amahoro 2023.

Ku italiki ya 23/09/2023, Umuryango Association des Jeunes de Saint Charles Lwanga (AJECL) wizihije umunsi mpuzamahanga w’amahoro. Uyu munsi ubusanzwe wizihizwa ku itariki 21/09 buri mwaka, ariko kuruhande rwa AJECL wizihijwe kuri uyu wa 23/09/2023, ukaba wabereye kucyicaro cya AJECL “ Ku Gicumbi cy’amahoro” , akaba ari kunshuro ya 7 AJECL yizihije uyu munsi mukuru, aho kuri iyi nshuro uyu…

INTERNATIONAL DAY OF PEACE 2023

Every year, the International Day of Peace is celebrated around the world on September 21. The United Nations General Assembly has declared the day dedicated to strengthening the ideals of peace, observing 24 hours of non-violence and ceasefire. Never has our world needed peace so much. Since 2017, AJECL has been celebrating this Day to unite with the whole world…

Bugesera: Abafashamyumvire ba gahunda ya GWIZAMAHORO Programme biyibukije uko batangamo inyigisho z’umuco w’Amahoro.

Bugesera: Abafashamyumvire ba gahunda ya GWIZAMAHORO Programme biyibukije uko batangamo inyigisho z’umuco w’Amahoro.

Abarimu 27 baturutse mu bigo by’amashuli 16 bibarizwamo GWIZA AMAHORO CLUB mu karere ka Bugesera, bahuriye mu mahugurwa y’umunsi umwe kuri Paruwasi ya Ruhuha, biyibutsa uburyo bwo gutangamo inyigisho z’umuco w’amahoro. Ni amahugurwa yateguwe n’umuryango Association des Jeunnes de Saint Charles Lwanga(AJECL), muri gahunda yawo yo kwimakaza umuco w’Amahoro, aho kuri uyu wa kabiri tariki 25 Mata 2023 aba barezi…

Rulindo: AJECL is going to give 12 million RWF grant to youths to create jobs asking them not to think of it is a waste

Rulindo: AJECL is going to give 12 million RWF grant to youths to create jobs asking them not to think of it is a waste

Peace Movement organization AJECL (Association des Jeunnes de saint Charles Lwanga), had five days of training youths from four sectors in Rulindo district about entrepreneurship, and asks them to take care about the support it will give them. The AJECL organization, which started in 2004, aims to build a culture of peace, where it has GWIZAMAHORO 2100 program, which continues…

Gakenke: AJECL Irasaba Urubyiruko Kudashakira Ubukire Mu Dutsiko Tw’ababuza Abandi Amahoro.

Gakenke: AJECL Irasaba Urubyiruko Kudashakira Ubukire Mu Dutsiko Tw’ababuza Abandi Amahoro.

Umuryango uharanira amahoro AJECL (Association des Jeunne de Saint Charles Lwanga), mu gikorwa cyawo cyo guteza imbere urubyiruko urwigisha kwihangira imirimo no kurufasha kubona igishoro, ufatanije n’akarere ka Gakenke, barasaba urubyiruko gukorera amafaranga anyuze mu nzira nziza, zitari zo kujya mu dutsiko nk’ABAMENI, ABUZUKURU BA SHITANI N’utundi.   Muri iki cyumweru dusoje ni bwo abagera kuri 18 bo mu karere…

AJECL Yahuguye Urubyiruko Ku Bijyanye No Kwihangira Imirimo.

AJECL Yahuguye Urubyiruko Ku Bijyanye No Kwihangira Imirimo.

Umuryango AJECL (Association des Jeunnes de Saint Charles Lwanga), wahuguye urubyiruko rwo mu mirenge ine yo mu Karere ka Rulindo, ku bijyanye no kwihangira imirimo bifashishije amatsinda yo kwizigama no kugurizanya. Umuryango AJECL, watangiye mu mwaka wa 2004, ukaba ugamije kubaka umuco w’Amahoro, aho unafite gahunda ya GWIZAMAHORO 2100 ukomeje gusakaza mu baturage hirya no hino mu Rwanda binyuze mu…

AMAKIPE YAHIZE ANDI MU IRUSHANWA RYA “GWIZA AMAHORO CUP 2022” Mu Karere Ka Bugesera Yashyikirijwe Ibihembo Kuri Uyu Wa 17/08/2022.

AMAKIPE YAHIZE ANDI MU IRUSHANWA RYA “GWIZA AMAHORO CUP 2022” Mu Karere Ka Bugesera Yashyikirijwe Ibihembo Kuri Uyu Wa 17/08/2022.

GWIZAMAHORO CUP2022 ni: irushanwa ryateguwe na AJECL ifatanyije na Paruwasi gatorika ya Ruhuha muri Gahunda. ya GWIZA AMAHORO PROGRAM 2100, rikaba ryari rifite Intego yo gushishikariza urubyiruko kubana neza binyuze mu nsanganyamatsiko yaryo igira iti “ Imfura z’ikinyejana cya makumyabiri na rimwe : Tubyirukiye “Gukina no Kubana ntitubyirukiye Guhangana no Kurwana”. Uyu muhango wabaye kuri uyu wa 17/08/2022, wabimburiwe n’igitambo…

×